Iyo twumvira amategeko y’Imana, imigisha myinshi ihora itubikiye. Kubera iyo mpamvu, mu minsi mikuru Imana yashyizeho kuva mu gihe cya Data—nk’Isabato na Pasika—hari itegeko rivuga ngo “Ntimukibagirwe, ahubwo mubyibuke kandi mubikomeze iteka ryose.”
Bibiliya ivuga ko abitondera amategeko y’Imana mu bihe byose bazahirwa nk’abakiranutsi, kandi ko abarenga ku mategeko y’Imana bazacirwaho iteka ryo kwigomeka. Impamvu Abisirayeli bajyanywe bunyago i Babuloni ni ingaruka zo kutubahiriza amategeko y’Imana.
ntitwumvire Uwiteka Imana yacu ngo tugendere mu mategeko yayo yadushyize imbere, avuzwe n’abagaragu bayo b’abahanuzi. Ni koko Abisirayeli bose baciye ku mategeko yawe, bariyobagiza kugira ngo batakumvira. Ni cyo cyatumye dusandazwamo umuvumo n’indahiro, byari byaranditswe mu mategeko ya Mose umugaragu w’Imana, kuko twagucumuyeho. Daniyeli 9:10–11
akagendera mu mategeko yanjye, agakomeza amateka yanjye kandi akaba n’umunyamurava, uwo aba ari umukiranutsi, ni ukuri azabaho. Ni ko Umwami Uwiteka avuga. Ezekeiyeli 18:9
119 Bundang P.O.Box, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of KOREA
Tel 031-738-5999 Fax 031-738-5998
Head Office: 50, Sunae-ro, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of Korea
Main Church: 35, Pangyoyeok-ro, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of Korea
ⓒ World Mission Society Church of God. All rights reserved. Privacy Policy