Abahagaze ku ruhande rw’Imana bibuka itegeko ryayo, umunsi w’Isabato, kandi bakaweza. Ibinyuranye n’ibyo, abari ku ruhande rwa Satani barwanya umunsi w’Isabato, ari wo bushake bw’Imana. Bibiliya ivuga ko amaherezo bazayobya isi yose bayiyobore ku irimbukiro.
Abantu b’Imana bahagarara ku ruhande rw’Imana bahora bitondera amategeko yayo. Intumwa Yohana yavuze ko abakurikira Umwana w’Intama aho agiye hose ari “abera.” Yavuze ko ari bo bagaragaza kwihangana kwabo binyuze mu gukomeza amategeko y’Imana kugeza ku iherezo.
Aho ni ho kwihangana kw’abera kuri, bitondera amategeko y’Imana bakagira kwizera nk’ukwa Yesu. Ibyahisuwe 14:12
“Wibuke kweza umunsi w’isabato. Kuva 20:8
119 Bundang P.O.Box, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of KOREA
Tel 031-738-5999 Fax 031-738-5998
Head Office: 50, Sunae-ro, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of Korea
Main Church: 35, Pangyoyeok-ro, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of Korea
ⓒ World Mission Society Church of God. All rights reserved. Privacy Policy