Mu gihe cy’Umwuka Wera, Imana yahanuye muri Bibiliya ko hazabaho intambara ikomeye yo mu mwuka hagati y’Umugore n’abasigaye bo mu rubyaro rwe ndetse na Satani n’abayoboke be. Imana nitandukanyae abazakizwa n’abatazakizwa, niduhagarara ku ruhande rw’Umugore, ari we Imana Mama, ni bwo gusa dushobora gutsinda intambara ikomeye yo mu mwuka maze tukakira umugisha w’agakiza.
Imana Ahnsahnghong itumenyesha neza ko Imana Mama ibaho binyuze mu miterere yo mu muryango wo mu isi no mu gikorwa cyo kuremwa kwa Eva kandi ko abagize Itorero ry’Imana, ari bo basigaye bo mu rubyaro rw’Umugore, bagomba kubwiriza isi icyubahiro cya Mama Yerusalemu.
Ikiyoka kirakarira wa mugore, kiragenda ngo kirwanye abo mu rubyaro rwe basigaye, bitondera amategeko y’Imana kandi bafite guhamya kwa Yesu. Ngihagarara ku musenyi wo ku nyanja, . . . Ibyahishuwe 12:17–13:1
Yewe Yerusalemu, nshyize abarinzi ku nkike zawe, ntibazaceceka ku manywa na nijoro. Yemwe abibutsa Uwiteka, ntimugatuze. Kandi ntimukamuhwemere kugeza ubwo azakomeza i Yerusalemu, akahahindura ishimwe mu isi. Yesaya 62:6–7
119 Bundang P.O.Box, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of KOREA
Tel 031-738-5999 Fax 031-738-5998
Head Office: 50, Sunae-ro, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of Korea
Main Church: 35, Pangyoyeok-ro, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of Korea
ⓒ World Mission Society Church of God. All rights reserved. Privacy Policy